Sunday, December 23, 2012

Umukobwa ukora mu kabari ntiyavamo umugore mwiza w’umutima

Iyo umuntu ageze hirya no hino mu tubari two mu Rwanda usanga akenshi abakunze gukoramo biganjemo urubyiruko rurimo n’abana b’abakobwa.

 

Bamwe  mu bakobwa  bakora muri utwo tubari  bemeza ko kuba babayeho muri ubwo buzima bugaragara nk’aho atari bwiza, ari ukubera imibereho barimo usanga atari myiza. Ibi rero ngo bigatuma  bahitamo kujya gushaka imirimo aho bayibonye hose kuko nta kundi byagenda.


Nkuko tubikesha Imvaho Nshya yegereye bamwe mu bakora ako kazi ndetse na bamwe mu bakoresha babo bakorera mu Mujyi wa Kigali kugira ngo bagire icyo bayitangariza


Uwamwezi  Lydie  ufite imyaka 20, akorera muri kamwe mu tubari  two  mu Mujyi wa Kigali  yavuze ko amaze imyaka itatu akora aka kazi ariko kuri we ngo gukora akazi ko mu kabari ni uko yabonaga nta yindi mibereho myiza afite. Yagize ati: “Jyewe naje gukora aka kazi, kuko nabonaga nta mibereho mfite. Iwacu turi abakene sinigeze ngira amahirwe yo kwiga . Nararebye rero  aho kugira ngo nsabirize nashaka akazi  ako ariko kose kabasha kuntunga, kuko mfite imbaraga zo kubikora. Ariko ntibyoroshye biragoye dutaha bwije, udufaranga baduha niduke ugereranije n’ubuzima bwo muri Kigali ariko nta kundi byagenda”.

Uwamwezi yakomeje avuga ko ugereranyije n’uburyo abaho, akora ijoro ryose kandi nta kuruhuka, buri mukiliya aba agomba kumufata neza nk’uko umukoresha abimusaba ugasanga harimo ikibazo,  kuko harimo abakiliya babyuririraho bakabakorakora, bakababwira amagambo nyandagazi. Ku bijyanye n’ibishuko byo kugwa mu cyaha cy’ubusambanyi kubera iyo mibereho, hiyongereyeho gushukishwa amafaranga, Uwamwezi  yagize ati : “Ibyo byo ntawabitindaho cyane . Ubwo se wabona uguha udufaranga twiyongera ku ntica ntikize duhembwa  nabuzwa n’ iki kuyafata ibindi bikazaza nyuma ! Aho kugira ngo uburare wayafata kuko ariyo nzira umuntu aba yarahisemo”.

Karekezi  Emanuel ni umwe mu bafite akabari, mu kiganiro yagiranye n’Imvaho Nshya yavuze ko mu gihe ahaye umukozi akazi agomba  kugakora nk’uko abisabwa. Yigiriye ati : “Niba mpaye umukozi akazi agomba kugakora uko bikwiriye, kuko aba yabyiyemeje kandi aba yaje kugasaba agakeneye. Nk’ubu akenshi abakiliya bacu bakunda kuza  mu masaha ya nimugoroba bwije ku manywa ntababa bahari, ubwo rero ntabwo abakiliya baba baje ngo ubwire umukozi ngo atahe, utagashoboye arasezera akigendera. Kuko natwe icyo tuba dushaka ari ugukora tugatera imbere”.

Ku bijyanye n’imishahara mito bahemba abakozi babo, Karekezi yavuze ko nabo bakora bashaka kunguka ngo ntabwo yahemba menshi kandi nawe ntayo yabonye. Ku gitekerezo cy’uko bajya bareka abakobwa bagataha kare abahungu akaba aribo bakora mu ijoro nk’uko bamwe babyifuzaga, Karekezi  yavuze ko bitashoboka kuko atakoresha abantu benshi ngo ntiyabona amafaranga abahemba.


Bamwe mu babyeyi baganiriye n’Imvaho Nshya bakaba baratangaje ko babona abo bana nabo bahohoterwa, kuko ngo ntabwo umwana muto yajya ataha saa munani z’ijoro cyangwa saa cyenda ngo bizabure kumugiraho ingaruka mu buzima bwe buri imbere.

Mukakimenyi Donatila  ni umubyeyi w’imyaka 50 yagize ati: “ aba bana bahura n’ibibazo byinshi ngo usanga batangira akazi bakiri bato, bagakora amasaha menshi , nta minsi y’ikiruhuko bagira yewe no gutaha bavuye ku kazi birimo ingorane nyinshi kuko bataha bwije cyane, bamwe bakaba bahohoterwa cyangwa bagakoreshwa imibonano batabiteguye bitewe n’ijoro batahamo bategereje ko akazi karangirira”. Mukakimenyi akaba yaravuzeko iki ari ikibazo gikwiye kwigwaho mu rwego rwo guha uburenganzira aba bana b’abakobwa bakora mu tubari.


Gusa hari na bamwe  usanga banenga  imwe mu myitwarire y’abo bakobwa  bavugako idahwitse bishingiye ku buzima babayemo y’imiterere y’akazi ubwako, bakora ndetse hakaba n’abemeza ko umukobwa ukora mu kabari atavamo umugore mwiza w’umutima wakubaka urugo ngo rukomere. Umwe mu basore witwa Kayinamura  Jean yabwiye Imvaho Nshya ko atagira umugore umukobwa ukora mu kabari. Kuri we ngo abakobwa bakora mu kabari ntibitwara neza, kubera kwirirwana n’abagabo babakorakora cyangwa bababwira amagambo yose abonetse.



Source: Imvaho nshya

Kagame, Jay-Z, Clinton ku rutonde rw’abantu baranze 2012


 Perezida Paul Kagame /Photo internet


Paul Kagame, Perezida w’u Rwanda, yashyizwe  ku rutonde rw’abantu 51 ku rwego rw’isi bigaragaje ku buryo butangaje  muri uyu mwaka dusoza wa 2012 nkuko tubikesha ikinyamakuru The Time Magazine.

 

Ikinyamakuru The Time Magazine gikorera muri Amerika n’i Burayi, gishyira ahagaragara urutonde rw’abantu bahinduye imibereho y’abaturage, ibyamamare n’abandi bantu bakoze ibintu bidasanzwe mu bice barimo buri mwaka.

Iki nyamakuru The Time Magazine cyatangaje ko Perezida Kagame ari umunyapolitiki wafuguye bitangaje  ubuzima bw’abo ayobora nyuma n’ibihe bikomeye bya jenoside yabaye muri 1994  n’ingaruka zayo byazahaje u Rwanda cyane.

Aha bakomeze batangaza ko uburyo abanyarwanda bashima leta kandi bakanagaragaza ko banyuzwe n’ibibakorerwa ndetse nuko amahanga ashima cyane u Rwanda ruyobowe na Paul Kagame, bashingira kandi no kuba u Rwanda rugaragaza iterambere n’icyerekezo cyiza mu  nzego zitandukanye nk’imibereho y’abaturage, ubuvuzi, ubukungu, ibikorwaremezo, ikoranabuhanga, umutekano n’ibindi.

Ikinyamakuru The Time Magazine kandi ngo kibikesha abantu batandukanye cyaganiriye nabo aho bahamya ko  Paul Kagame ariwe u Rwanda rukesha ibyo rugezeho uyu munsi bishingiye ku miyoborere myiza ndetse akaba yaranagize uruhare ntagereranywa aho yari ayoboye urugamba rwo kubohora u Rwanda no guhagarika jenoside yakorerwaga abatutsi muri 1994.

Ku rutonde kandi hari abandi bantu rurangiranwa bagarugaragayeho nka Bashar Assad uyobora Syria, Hillary Clinton, Bill Clinton, Jay-Z, Christine Lagarde uyobora ikigega mpuzamahanga cy’imari (IMF) na Angel Markel uyobora u Budage.

The Time Magazine yemeza ko umuntu udasanzwe w’umwaka wa 2012 (the person of the year) ari Perezida wa Leta Z’unze Ubumwe z’Amerika (USA) Barak Obama kubera uburyo yitwaye mu matora aheruka muri icyo gihugu.


SOURCE: umuseke

 

Thaïland: Abantu 30 bakomerekeye mu munsi mukuru wo kwitegura ishira ry’isi


  Thaïland: Abantu 30 bakomerekeye mu munsi mukuru wo kwitegura ishira ry’isi

 Kuwa gatandatu tariki 15/12/2012 mu gihugu cya Thailand, sosiyete ikora imodoka yitwa AutoAlliance Thailand ihuriweho n’amasosiyete asanzwe azwi mu gukora imodoka yitwa Ford na Mazda yateguye umunsi mukuru wo kwizihiza ishira ry’isi.

 Uwo munsi mukuru watumiwemo abakozi b’iyo sosiyete basaga 4000 waranzwe n’ubusinzi burengeje urugero abantu batangira guterana amacupa ku bushake maze abasaga 30 barakomereka kandi ngo nta muyobozi wiyo sosiyete washatse kuvugana n’itangazamakuru.

 Uwo munsi wabereye muri resitora yitwa Chonburi ihererye mu birometero 100 mu majyepfo y’iburengerazuba bw’umurwamukuru wa Thailand, Bangkok; nk’uko tubikesha ibiro ntaramakuru by’Ubwongereza (Reuters).

 Hari abemera ko imperuka izaba tariki 21/12/2012 ariko Papa Benedigito wa 16 aherutse guhumuriza abatuye isi ababwira ko iyo ari imyemerere y’abatizera Imana.

Source: kigalitoday

DRC na M23 bahagaritse ibiganiro bajya mu biruhuko.


 Raymond Tshibanda uhagarariye Congo mu biganiro i Kampala


Ku bwumvikane bw’impande zombi Crispus Kiyonga Ministre w’Ingabo wa Uganda akaba n’umuhuza muri ibi biganiro yatangaje kuri uyu wa 21 Ukuboza ko ibiganiro bibaye bihagaritswe.

 Kiyonga yavuze ko impande zombi zemeranyijwe ko zigiye mu biruhuko by’impera z’umwaka zikazongera guhurira i Kampala tariki 4 Mutarama umwaka utaha.

Kuva tariki 9 z’uku kwezi, ibiganiro byari bitaragira icyo bigeraho, usibye ko umujinya no gushinjanya byari byatangiye ubu byari byarahosheje nkuko bitangazwa na AFP.

Bafashe ikiruhuko cy’ibyumweru bibiri mu gihe muri Kivu ya ruguru hari umwuka mubi, abaturage bakomeje guhunga. Ndetse abarwanyi ba M23 bo bemeza ko ingabo za Leta ziri kwiyegeranya ngo zibarase aho bagiye hanze ya Goma.

Ibiganiro Kiyonga avuga ko byari bigeze ku musozo wo gufata umwanzuro ku mategeko abigenga, ibyo kwigaho n’ingengabihe y’ibiganiro.

Ministre Kiyonga Crispus ariko yemeza ko azakomeza gukorana n’impande zombi kuri Telephone mu gihe bazaba bari mu biruhuko kugeza bagarutse.

M23 irega Leta ya Congo kutubahiriza amasezerano ya Werurwe 2009, ndetse no kutarengera abanyecongo bavuga ikinyarwanda bagirirwa nabi n’imitwe yitwaje intwaro mu burasirazuba bwa Congo.

Leta ya Kinshasa yo ishinja M23 kwigumura nta mpamvu, ibyaha by’intambara, igashinja kandi u Rwanda gufasha M23, ibirego Leta y’u Rwanda yakomeje kwemeza ko ntaho ihuriye nabyo.

Source: Umuseke.com

Gasabo:Abagabo babiri bari mumaboko ya Polisi ba kurikiranyweho kwihanira


 Gasabo:Abagabo babiri bari mumaboko ya Polisi ba kurikiranyweho kwihanira


Polisi yo mukarere ka Gasabo ,mumurenge wa Gisozi ,akagari ka Ruhango kuwa Kane mu masaha ya saa mbiri z’ijoro,yahafatiye abagabo babiri bari bakubise mugenzi wabo bamuziza kuba yarishe umuryango w’iduka akajya kuhiba.

Abo bagabo ni uwitwa Abdallah Ntiyamira ,ufite imyaka 27 na Damascene ufite imyaka 33,aba bakaba bazize kuba barihaniye bagakomeretsa uwitwa John Barigira ,ufite imyaka 20 wanahise ajyanwa ku kigo nderabuzima cya Kagugu nyuma y’uko bamukubise.Bombi bakaba bacumbikiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Gisozi.


 
Aba bagabo uko ari babiri bafashe Barigira nyuma y’uko yibye amakarito 3 ya Salsa,ayasaridine,ritiro 20 z’amavuta byose yari yibye mu iduka ry’uwitwa Mbonigaba.Aho kumujyana munzego zibishinzwe bahisemo kwihanira akaba arinacyo bakurikiranyweho kuko bamukomerekeje bikabije.

Polisi ivuga ko nubwo uyu mugabo Bingira yari yibye ,bariya babiri nta burengenzira bafite bwo kwihanira.

Bingira akazahanirwa icyaha cyo kwiba namara gukira naho bagenzi be bo bakazahanishwa igihano kiri hagati y’amezi atandatu n’imyaka ibiri nibaramuka bahamwe n’icyaha ndetse n’amande ari hagati y’i 100 000 n’i 500 000 nkuko biteganywa n’ingngo y’I 148 mu itegeko rihana ibyaha mu Rwanda.

Source: umuganga.com

 

Chinese mining firm to raze Peruvian peak for 35 years of mineral wealth


 Toromocho


Chinalco has built a new town to rehouse thousands of displaced people – but some are determined to stay in doomed Morococha.

 


They call the mountain Toromocho, which means "bull without horns". But to its new, Chinese owners, the name is irrelevant: the rugged peak is packed with copper, silver and molybdenum, an element used in alloys. It could be worth as much as $50bn (£30bn). Toromocho must go.

And so must the people living there. The nearby ramshackle town of Morococha is home to 5,000 people. With adobe and brick houses, intermittent electricity and no running or safe water, theirs is no life of ease; the town's got to go, too.

But not everyone wants to leave. Despite a huge effort by the Chinese to build a new town six miles down the road, locals are sceptical. Last month, police ejected dozens of residents from a roadblock on Peru's central highway, which passes the town.



"All this move has created is fights and divisions," said Aina Calderón, a 67-year-old lifelong Morococha resident. "The company doesn't respect that some of us don't want to leave."

Razing a 4,000-metre mountain or building a town from scratch: it's hard to say which is the more remarkable feat about this endeavour, which better epitomises the good and bad aspects of the booming world. The Chinese mining giant Chinalco will start scraping the landscape next year, having bought the land for $860m and invested $2.2bn in the mine. The old town will be swallowed up by the opencast mine's crater, from which will be extracted 1m tonnes of copper, 10,000 tonnes of molybdenum and 4m ounces of silver every year for 35 years.

No less impressive is the urban order of Carhuacoto. Company officials say it is the most planned town in Peru. Carhuacoto has street lighting, green areas, a modern sewage system and a state-of-the-art waste-water treatment plant. It has a canal built to prevent the town being flooded if a nearby dyke collapses in an earthquake. It also has a police station, a health clinic, spacious, well-equipped primary and secondary schools and, rather amazingly, seven churches, to cater for faiths ranging from Roman Catholicism to Jehovah's Witnesses. The only thing it lacks, so far, is people.


The vast majority of the residents who were tenants in Morococha will become rent-free homeowners for the first time in Carhuacoto. The Chinese firm is even paying for lorries to move their belongings to 1,050 new two-storey homes with 24-hour electricity and indoor plumbing.

But some residents, such as Zuly Espinoza, a 22-year-old miner's wife with an infant son, say they have not been allocated a house in Carhuacoto. "There's not enough houses. Where will we go when they destroy the town?" she asked. Others claim incomers have moved into the old town just so they can win a rent-free home in the new one.

Lisette Meza, community relations manager for Chinalco, said complaints from those who said they had not got houses would be evaluated. "There are a lot of expectations with a project as big as Toromocho," she said. But the process had been "transcendental", because it was the first time civil society had worked so closel

Chinalco has been thorough in trying to earn its "social licence" – trying to buck the trend of multibillion-dollar investments being stalled by conflicts with local communities in Peru's decade-long mining bonanza. The biggest mining investment in the country's history, the $4.8bn planned Conga mine, has been paralysed by local opposition. Official figures show 17 people have been killed in conflicts since President Ollanta Humala took office in July 2011, compared with 191 under his predecessor, Alan García. There were 167 conflicts over natural resources in October, according to Peru's human rights ombudsman, La Defensoría del Pueblo.
To that end, Chinalco has employed Social Capital Group, a consultancy that says it promotes the "social sustainability of large-scale projects". The firm has worked with universities and technical institutes to train Morococha residents in running small businesses, as well as running health and education programmes.

"With a planned consensual relocation of a town, China
Gradually, families are moving in. Some complain their new homes are too small, even though they come with a detachable roof so a third floor can be added. But others were happy to leave the old town. "We always lacked basic services in Morococha, no matter who the mayor was," said Felix Quispe, a metalworker who has turned half of his new home into a workshop. "The move means a better future for us."

In Morococha, removals workers traipse in and out of the gloom of Cesar Llauce's damp, single-storey terrace as his four-year-old grandson stands by the doorway holding a toy microphone. "We're tired of the discomfort. We want a better life over there," he said. "It's a little sad – my children grew up here. But I hope the move will be better for us and all our neighbours."

But while some families are moving several hundred residents are still reluctant to go. The town's mayor of eight years, Marcial Salomé, wants Chinalco to pay compensation of $300m to the town for the "loss of identity, culture and tradition" from the move.
lco is really trying to raise the standard in the industry," says Cynthia Sanborn, a US academic and author of a book on Chinese mining in Peru. "There are other companies in Peru which have to move towns and people out of the way, and everyone is watching this experience to see how it goes," she said.



The figure was negotiable, but the issue of guaranteed jobs for all the new residents was not, he said. "The new home is not going to provide money so that a father can feed and educate his children. The company must give those fathers work: stable, permanent positions."

A company official said: "Chinalco won't force anyone to leave." But anyone remaining, he added, would have eight years before the crater reached town.

Trends of 2012: The year hip-hop's attitude to homosexuality changed?


 ASAP Rocky


From Frank Ocean coming out to Jay-Z backing gay marriage, hip-hop seemed to be shaking off its homophobic mindset this year. But the genre still has a lot of growing up to do.

 In November, A$AP Rocky gave an interview in which he somehow managed to be both inane and yet completely illuminating on the state of modern rap. "If you do certain things like snug fashion, high-end fashion, other things that's not really in the criteria of the small state of mind of the urban community, you're 'gay.' Different is 'gay.' Weird is 'gay'", he told Hip Hop DX. "That shit ain't gay. That's just different. I'm a heterosexual man. I never been gay a day of my life. I used to be homophobic, but as I got older, I realised that wasn't the way to do things. I don't discriminate against anybody for their sexual preference, for their skin colour … that's immature."


The Purple Swag rapper may have been talking in circles, but his comments did at least offer signs that hip-hop was taking a more open-minded approach to sexuality than we've seen in the past. At the same time – thanks to his unneccesary need to remind us that he's definitely not gay (definitely not, all right?) – he spoke to a wide demographic, a generation born in the 90s, who can't recall a world before hip-hop existed and who regularly bookend their homophobic epithets with LOLs and smiley faces. It seems hip-hop still has a long way to go before we can say it's relaxed about homosexuality.

Earlier this year a Twitter experiment tracked the use of words such as faggot and dyke over the course of three months, racking up a depressing 2.6m uses of homophobic language. It's likely that a great deal of those people make no real connection between active homophobia and calling someone "a total gay". Like Tyler, the Creator, they'll probably tell you they have gay friends, and they'll often be telling the truth. Rappers will say they're just words, there to shock, the language of a character they have created for the mic. For hip-hop, and for the teenagers who who see no problem in having both Justin Bieber and Ludacris on their iPod, the language of homophobia may have stayed the same but the culture has changed.

It was only natural that as hip-hop grew into a multi-billion dollar industry it would need to align with what was happening in the rest of the America if it wanted to continue its ascent. That has meant an attachment to the process of change as a political statement and, over the last two years, huge social and political movements to advance gay rights, namely the It Gets Better project, the repeal of Don't Ask Don't Tell and the overturning of Proposition 8 in court. When Barack Obama went on record to say he supported gay marriage in May, his comments were backed by the likes of Jay-Z and even 50 Cent. Once more, though, we were light years from enlightened thought: the latter, perhaps unsurprisingly, turned his "support" into an appeal for organisations that stood up for the rights of heterosexual men to be defended from gay men who want to "grab your little buns".

Source: The Guardian